Month: <span>August 2013</span>

U Rwanda rwabaye indashyikirwa mu kubungabunga ubuzima

Mu myaka icumi ishize u Rwanda rwakoze impinduka zitandukanye, abajyanama b’ubuzima bagera ku bihumbi 45 barahugurwa, abantu bagera kuri 91 ku ijana(%)  bakingiwe indwara y’igituntu, amavuriro yarubatswe anahabwa ibikoresho, ubwisungane mu kwivuza, n’ibindi bishingiye ahanini ku kuba hari igice<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/u-rwanda-rwabaye-intashyikirwa-mu-kubungabunga-ubuzima/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ku by’ubumwe n’ubwiyunge, abaturage ntibarashira Leta amakenga!

Mu cyegeranyo Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda iherutse gushyira ahagaragara mu mwiherero w’abanyamakuru n’abahanzi wabereye i Gashora mu Karere ka Bugesera muri gahunda ya “Ndi umunyarwanda”, kigaragaza ko umubare munini w’abaturage ucyishisha Leta dore ko 40% by’ababajijwe bemeza ko<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ku-byubumwe-nubwiyunge-abaturage-ntibarashira-leta-amakenga/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish