Month: <span>July 2013</span>

Umushinga wa ISONGA FC ntabwo wahombye – Muramira

Nubwo ikipe y’Isonga FC yamanutse mu kiciro cya kabiri, Perezida w’iyi kipe Muramira Gregoire we yemeza ko uyu mushinga utahombye  kandi gahunda bari bafite izakomeza. Ikipe y’Isonga FC yashinzwe nyuma y’aho abasore b’u Rwanda bari bagize Amavubi U17 bagiye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umushinga-wa-isonga-fc-ntabwo-wahombye-muramira/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abanyarwanda 77 batahutse bavuye kure cyane muri DRC; muri Kasai

Ku wa kabiri tariki 30 Nyakanga 2013,  Minisiteri y’imicungire y’ibiza n’impunzi yakiriye impunzi z’Abanyarwanda 77 batahutse baturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Muri abo batahutse, harimo 56 baturutse mu Ntara ya Kasai. Nibo ba mbere bahungutse baturutse kure cyane y’u Rwanda muri Congo Kinshasa. Umuyobozi w’inkambi y’agategaganyo ya Nkamira iherereye mu karere ka Rubavu, […]Irambuye

Imikino yo mu Rwanda igomba gushingira ku bato – Min

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Ministre ufite imikino mu nshingano ze yavuze ko imikino mu Rwanda ikwiye gushingira ku bakiri bati kuko aribo bafite impano kandi bafite ejo hazaza. Mitali yavuze ko gahunda yo guha imbaraga za ‘Centres de formation’<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/imikino-yo-mu-rwanda-igomba-gushingira-ku-bato-min-mitali/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuva kuwa 30/08/ 2013 ntawuzongera kurenza iminota 5 ku cyapa

Kubera imirongo miremire y’abantu bakunze kugaragara ku byapa by’imodoka zitwara abagenzi bategereje ko ziza kubatwara, zaboneka hakaboneka nke zituma babyigana, bikaba bikunze no gutera ubujura bukunze kubera muri uwo mubyigano, Umujyi wa Kigali uvuga ko wabonye umuti ufatika aho guhera kuri uyu wa 30 Kanama 2013 nta mugenzi uzongera kumara iminota  irenze 5 ku cyapa […]Irambuye

Nta mwanya mfite wo kuririmba HipHop z’urukundo-P Fla

Mu gihe benshi mu baraperi bibanda kuri Hip Hop y’urukundo muri iki gihe, umuraper P Fla we avuga ko ubuzima arimo butaramwemerera kuririmba Hip Hop y’urukundo. P Fla aganira n’Umuseke  yagize ati “Si uko ntakunda ahubwo ntakunda naba ndi ipede ‘abaryamana bahuje ibitsina’, ariko ndakunda. Gusa ndirimba Hip Hop y’ubuzima, bitewe n’ibihe ndimo, buriya ninumva […]Irambuye

Muzika ishobora kungira undi muntu- Khizz

Hakizimana Kizito uzwi cyane ku izina rya Khizz ubu yatangiye kuzenguruka mu ntara zose zigize igihugu mu cyo yise ‘Khizz Kizito Tour’ agahera mu majyepfo mu Karere ka Muhanga ari naho anavuka, yaje gutangaza ko uburyo yakiriwe byamunejeje bidasanzwe. Khizz yagize ati: “Nashimishijwe n’uburyo nakiriwe i Muhanga kuko byanyeretse ko muzika yanjye ishobora kungira undi […]Irambuye

Abanyarwanda 77 batahutse bavuye kure cyane muri DRC; muri Kasai

Ku wa kabiri tariki 30 Nyakanga 2013,  Minisiteri y’imicungire y’ibiza n’impunzi yakiriye impunzi z’Abanyarwanda 77 batahutse baturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Muri abo batahutse, harimo 56 baturutse mu Ntara ya Kasai. Nibo ba mbere bahungutse baturutse kure<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abanyarwanda-bahungutse-bavuye-kuri-cyane-muri-drc-muri-kasai/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuva kuwa 30/08/ 2013 ntawuzongera kurenza iminota 5 ku cyapa

Kubera imirongo miremire y’abantu bakunze kugaragara ku byapa by’imodoka zitwara abagenzi bategereje ko ziza kubatwara, zaboneka hakaboneka nke zituma babyigana, bikaba bikunze no gutera ubujura bukunze kubera muri uwo mubyigano, Umujyi wa Kigali uvuga ko wabonye umuti ufatika aho<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kuva-kuwa-3008-2013-ntawuzongera-kurenza-iminota-5-ku-cyapa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

DRC: UN yahaye M23 amasaha 48 ngo ishyire intwaro hasi

Abarwanyi ba M23 bahawe amasaha 48 ngo babe bashyize intwaro hasi bitakorwa hakitabazwa izindi ngufu z’ingabo 3000 zoherejwe kubungabunga amahoro muri Congo zishobora guhita zifashishwa mu guhangana n’izi nyeshyamba. Izi ngabo zikaba zishobora gukoresha ingufu za gisirikare mu guhangana n’izi nyeshyamba zimaze iminsi zihanganye n’ingabo za FARDC. Ingabo z’umuryango w’abibumbye ziri muri DR Congo ziri […]Irambuye

Nyamasheke: Umugore ukuze afungiye gusambanya umuhungu w’imyaka 15

Umugore w’imyaka 36 y’amavuko wo mu mudugudu wa Wimana, Akagari ka Gatare mu Murenge wa Macuba, mu Karere ka Nyamasheke afungiye kuri Station ya Polisi ya Kanjongo akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 15.   Uyu mugore yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 29 Nyakanga 2013, nyuma y’uko iri hohotera ryari […]Irambuye

en_USEnglish