Month: <span>May 2013</span>

Abahanzi 10 bo mu Rwanda n’imodoka zabo

Nyuma Jenoside yakorewe Abatutsi benshi ntabwo bari bazi ko umuziki watunga umuntu. Abaririmbaga, baririmbaga agahinda, intambara n’ingaruka zayo. Ubu baririmba urukundo, ubuzima n’amajyambere bikabaha umugati n’ibyangombwa nkenerwa mu buzima. Imodoka, abanyarwanda benshi baracyayifata nk’igikoresho cyerekana ko umuntu hari urwego rwiza agezemo, nubwo bitaaba ariko bimeze, ariko niko benshi babifata. Abahanzi mu Rwanda bamwe bamaze kugera […]Irambuye

Soma wumve uraseka!!!

1. Umusore yabwiye umukobwa wari waramubenze ati : « Disi kuva aho wangiye ko ngusaba singisinzira nijoro, none nayobewe uko nzabigenza ! » Umukobwa amusubizanya umutima mwiza ati : « Uzajye gushaka akazi k’izamu cyangwa se uzumvikane na Lokodifensi z’iwanyu mujye mukorana irondo ». 2. Umugabo Nyabyenda yaratashye, nuko ageze iwe asanga mu baturanyi hari […]Irambuye

Nyanza: Abahagarariye ‘Community policing’ bahawe telefoni

Minisiteri y’Umutekano yageneye abahagarariye abashinzwe kubungabunga umutekano mu giturage ’community policing’ mu karere ka nyanza telefoni 25 mu rwego rwo kuborohereza akazi no kugira ngo bajye batangira amakuru igihe. Buri Murenge ugize aka Karere wagenewe telefoni ebyiri usibye Umurenge wa Kibirizi n’uwa ntyazo byahawe telefoni zigendanwa esheshatu kubera imiterere y’iyi mirenge no kuba ari yo […]Irambuye

Bugesera: Babiri bafungiye Jenoside batorotse gereza ya Ririma

Abagororwa babiri bari bafungiye muri gereza ya Riririma bacitse abarinzi kuri uyu wa 30 Mata 2013 ubwo aho bari bajyanye n’abandi bagororwa guhinga imirima ya gereza. Amakuru deukesha Umuryango.com aravuga ko abo ari Bakinahe Emmanuel w’imyaka 41, akomoka mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza. Yari yarakatiwe imyaka 14 y’igifungo na Nkoranyabahizi Emmanuel w’imyaka […]Irambuye

Rwinkwavu: Abayapani beretse abaturage uko bakwirinda umwanda

Abakoranabushake b’umushinga w’Abayapani JICA ishami rishinzwe isuku n’isukura ry’amazi mu Rwanda batangiye ubukangurambaga bugamije kongera urwego rw’isuku mu baturage. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Mata 2013 abaturage ba Rwinkwavu muri Kayonza beretswe uburyo bunyuranye bwo kugira isuku y’ibiganza n’iy’amazi bavoma. Nk’uko bivugwa n’umwe mu bateguye icyo gikorwa Mio Kurokawa ngo bigaragara ko hirya […]Irambuye

Abadepite bateranye amakofe bapfa umusimbura wa Hugo Chevez

Mu nteko ishinga amategeko ya Venezuela abadepite barwanye cyane hagati yabi bapfa ibyavuye mu matora aherutse gutorwamo Perezida Nicolas Maduro ngo asimbure Hugo Chavez witabye Imana. Ba nyakubahwa aba bakomerekezanyije bitoroshye ubwo bapfa kuba bamwe ngo nubu bataremeza ko Nicolas Maduro ariwe watowe nka perezida mushya. Henrique Capriles watsinzwe na Maduro abamushyigikiye ni benshi banasabye […]Irambuye

Abacuruzi bafite impungenge ko imashini bahawe RRA zizabahombya

Kuri uyu wa kabiri tariki 30 Mata2013, ikigo cy’Igihugu gishinzwe imisoro n’amahooro, Rwanda Revenu Authority, cyatangaje ko n’ubwo kimaze gutanga imashini zigera kuri 500 zifashishwa mu bucuruzi bakanigisha uko zikoreshwa ngo bamwe mu bacuruzi ntibarasobanukirwa bihagije ku buryo bakizifiteho impungenge. Abacuruzi benshi bo bavuga ko bafite impungenge ko izi mashini zizabahombya kuko badasobanukiwe neza uburyo […]Irambuye

Miliyoni 400$ zo mu mpapuro z’agaciro zizakoreshwa mu mishinga itatu

Miriyoni 400 z’amadolari y’Amerika zavuye mu mpapuro z’agaciro u Rwanda rwagurishije mu cyumweru gishize, agamije kubaka Hoteli nini yiswe “Kigali Convention Center”, guteza imbere kompanyi y’indege ya Rwandair, hamwe no kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo. Kigali convention center (hoteli irimo kubakwa ku Kimihurura) izarangizwa kubakwa na miriyoni 120, hanishyurwe umwenda ungana na miriyoni 150 zayubatse […]Irambuye

Kuwa 1 Gicurasi 2013, umurimo wa none mu mafoto

Igiti kigororwa kikiri gito, gukunda umurimo biratozwa ntibyigwa. Ni byiza ko abana b’abanyarwanda batozwa umurimo bakiri bato, bagakoreshwa uturimo duto bashoboye kugirango bakure bakunda gukora. UMUNSI MWIZA W’UMURIMO!!! Photos/UM– USEKE.COM Reporters Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.COMIrambuye

en_USEnglish