Month: <span>April 2012</span>

ONG nshya yitwa SFH ije gusimbura PSI yamuritswe

27 Mata, Kacyiru  – Kuri Hotel Umubano hatangijwe ku mugaragaro umuryango mushya utegamiye kuri Leta witwa SFH (Society for Family Health) uzakomeza gukora ibikorwa byakorwaga na PSI (Population Service International). Ku bufatanye na Ministeri y’Ubuzima na USAID, SFH izakora ibikorwa byo kubaka ubushobozi bw’abanyarwanda mu ku rwanya agakoko gatera SIDA, kurwanya impiswi, ku rwanya malaria, […]Irambuye

Kuri miliyari 532Frw z’imisoro igombaga kwinjira hamaze kwinjira 428 –

Kuri uyu wa gatanu, ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahooro cyatangaje aho kigeze gikusanya imisoro y’uyu mwaka (07/2011 – 07/2012), ndetse gitangaza ko amasaha y’akazi mu kigo cya MAGERWA yongerewe. Mu gihe byari biteganijwe ko kuva muri Nyakanga 2011 kugeza muri Nyakanga 2012, abasoreshwa bazasora imisoro ingana miliyari 532.7 frw, mu mezi icyenda gusa angana […]Irambuye

Banki ya Kigali igiye gufungura amashami muri Uganda na Kenya

Mu ntangiriro z’uku kwezi Banki ya Kigali (BK) yari yatangaje ko izafungura amashami yayo mu bihugu byo muri aka karere ariko ntiyabivuga, kuri uyu wa gatanu nibwo yemeje ko igiye kwagurira servisi itanga muri Uganda na Kenya. Iyi Banki, imwe mu zikomeye cyane mu Rwanda, ivuga ko nyuma yo kugira imbaraga ku isoko ryo mu […]Irambuye

Ibintu 5 bikomeye abantu bicuza mbere yo gupfa

Bronnie Ware umuforomokazi wo muri Australia yakunze gukora akazi ko kwita ku barwayi baba barembye bamwe baba bari guta akuka ka nyuma, benshi muri aba ngo byarangiraga bapfuye. Yavuze ku bintu yumvise abatabaruka benshi bahuriraho bicuza. Ubu bunararibonye bwe yabwanditse ku rubuga rwe rwa internet (Blog yitwa: Inspiration and Chai) abuhuriza ku bintu bitanu bikuru bihuriweho n’abantu benshi […]Irambuye

Kunyara ku buriri si ikosa rikwiye gushyira umwana ku nkeke

Kugira ikibazo cyo kutigenzura ku bwonko mu gihe cy’ijoro bikunze kuba ku bana bafite kuva ku myaka 5 (énurésie) ndetse bakageza ubwo banyara ku buriri, ngo ibi nta bwo ari ikibazo kidasanzwe. Inzobere yo mu mitaro byo muri Kaminuza y’ahitwa Alberta mu gihugu cya Canada, Dr Darcie Kiddoo avugako kunyara ku buriri kw’abana ari ibisanzwe. […]Irambuye

Mugesera, Ntaganda na Uwinkindi bafatiwe imyanzuro n’inkiko none

Aba bagabo batatu bari kuburanishwa n’inkiko z’u Rwanda, kuri uyu wa kane bafatiwe imyanzuro n’izi nkiko buri wese kubyo aregwa cyangwa ibyo yasabye. Nkuko byari biteganyijwe, kuri uyu wa gatanu tariki 27 Mata Urukiko rw’Ikirenga rwasomye imyanzuro ku bujurire bwa Leon Mugesera bwo kuburana mu gifaransa, uru rukiko rwashimangiye ko Mugesera atagomba kuburana mu gifaransa […]Irambuye

Abagore n’abana 11 ba Osama Bin Laden birukanwe muri Pakistan

Abagore n’abana ba Osama Bin Laden amaherezo baraye basohowe mu gihugu cya Pakistan mu ijoro ryo kuri uyu wa 26 Mata, hafi umwaka nyuma y’uko umugabo wabo yishwe n’ingabo za America zamuhigishaga uruhindu. Abagore batatu n’abana 11 ba nyakwigendera wari umukuru wa Al Qaeda ku Isi bashyizwe mu ndege berekezwa muri Arabia Saoudite nyuma y’uko […]Irambuye

Hatangajwe umukinnyi uhembwa neza kuri buri gihugu cya Africa

Bwa mbere Jeune Afrique yatangaje urutonde rw’abakinnyi baza imbere ya bagenzi babo mu guhembwa neza, kuri buri guhugu mu bihugu 45 bya Africa. Hashingiwe ku rutonde rw’imishahara yabo yo mu 2011 rwatangajwe na ESPN, rwavuguruwe na Jeune Afrique rugaragaza imishahara (uvanyemo uduhimbazamusyi, abaterannkunga no kwamamaza) y’abakinnyi bahembwa neza b’abanyafrica kuri buri gihugu muri 45 bya […]Irambuye

Batatu baguye mu mpanuka ku Ruyenzi

Abantu batatu bitabye Imana abandi batatu bakomereka bikomeye mu mpanuka y’imodoka yabaye kuwa 25 Mata nijoro, ku Ruyenzi ku muhanda wa Kigali-Butare nkuko byemejwe na Police. Iyi mpanuka yatewe n’uburangare bw’umushoferi n’umuvduko mwinshi yagenderagaho. Nyuma gato y’iyi mpanuka, police n’ingabo ndetse n’imodoka zo gutabara bageze ahabereye iyo mpanuka nyuma y’igihe gito batabara abakomeretse bahise bajyanwa […]Irambuye

Abahanzi bahatana muri PGGSS II basuye abamugaye b’i Gatagara

Kuri uyu wa 26 Mata, abahanzi icumi bahatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar bari kumwe n’abayobozi muri Bralirwa na EAP bateguye iri rishanwa, basuye abamugaye bo mu bigo bya HVP Gatagara mu karere ka Nyanza na Huye mu majyepfo y’u Rwanda. Aba bahanzi babanje mu kigo cya HVP Gatagara kiri mu karere ka […]Irambuye

en_USEnglish