Month: <span>April 2012</span>

Dusabemariya Vestine yapfuye agerageza Gukuramo inda

Kuri Dispensaire Giribambe  iherereye mu murenge wa Kigarama Akagari ka Bwerankori umudugudu wa Kabutare mu mujyi wa Kigali mu ijoro rya tariki ya 01 Mata 2012  haguye umwana w’umukobwa witwa Dusabemariya Vestine  w’imyaka 23 y’amavuko  ubwo umuganga Nyiri iryo vuriro witwa  Turinabo  Jerome  yageragezaga kumukuriramo inda. Mu masaha ya saa sita z’ijoro rishyira kuri uyu […]Irambuye

Ese ujya wibaza impamvu yatuma uva cyangwa ureka umurimo w’Imana?

Iyo havuzwe umurimo w’Imana, twumva byinshi   bikorerwa mu nsengero no hanze yazo  ariko byose bikorwa  ahanini badategereje indi ngororano uretse kwizera ko hariho Imana izamugororera,bitabujije ko abantu bashobora kukugenera ishimwe n’ubwo wowe utari uryiteze, hakaba rero hakunze kwibanzwa ngo ni iki cyatuma umuntu wari muri uwo murimo abihagarika cyangwa akabivamo burundu cyane ko henshi usanga […]Irambuye

Ibimenyetso 5 bishobora kukwereka ko umukobwa muganiriye bwa mbere yakwishimiye

Ushobora kuba uri umusore, ukabona umukobwa ukumva uramwishimiye ku buryo akwemereye, mwatangirana urugendo rw’urukundo. Aha, niba uri umusore ushobora gusaba uwo mukobwa ko muganira ugamije kureba uko akwakira kugira ngo ugire icyizere cy’uko yazakwemera urukundo igihe urumusabye. Nk’uko tubikesha urubuga rwa internet dating360.info, ngo  hari ibimenyetso bitandukanye bishobora kukwereka ko na we yakwishimiye ndetse ukaba […]Irambuye

Kwicara igihe kirenga amasaha 8 bishobora kongera umubare w’abapfa ku

Kwihugenza ntibyakagombye guharirwa igihe cyo kuruhuka gusa, kuko ubushakashatsi bwakorewe muri Australiya bwagaragaje neza ko kuguma wicaye igihe kirekire byongera bikabije ingorane zo kutaramba ku isi. Ikinyamakuru le figaro gitangaza ko haba ku kazi, mu rugo cyangwa se ku rugendo, kwicara amasaha arenze umunani bitemewe, kuko abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Sydney bagaragaje ko uko […]Irambuye

Amakosa akunze kugaragara mu ikoreshwa ry’agakingirizo

Itsinda rigizwe n’abashaksahstsi bo muri Kaminuza y’ahitwa Kentucky muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ryakoze ubushakashatsi bwibanze ku ikoreshwa ry’agakingirizo n’amakosa akunze gukorwa n’abagakoresha. Ubusanzwe gukoresha agakingirizo ugakurikiza amabwiriza akwiye, ubushakashatsi bwerekana ko umuntu aba afite amahirwa anagana na 98% yo kuba atasama cyangwa ngo afatwe n’indwara zanduzwa mu gihe cy’imibonanompuzabitsina. Ariko kandi ubushakashatsi bwakozwe […]Irambuye

Aho inganda z’i Gikondo zizimurirwa i Masoro hatangiye kubakwa

Nyuma y’aho Leta y’u Rwanda ifatiye icyemezo cyo kwimura inganda n’ibindi bikorwa biherereye mu gishanga cya Gikondo ahitwa ‘Park Industriel’, hatanzwe isoko ryo kubaka amazu inganda n’ibindi bikorwa bizimukiramo. Nyuma y’uko company izakora iyo mirimo  imenyekanye,  kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Werurwe Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yashyize  ibuye ry’ifatizo aho izo nyubako zizubakwa kugirango imirimo […]Irambuye

Salax Awards ku nshuro ya kane King James yegukanye ibikombe

Kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Werurwe nibwo abahanzi bakoze neza mu mwaka ushize wa 2011 bahembwe mu mihango ya Salax Music Awards ku nshuro ya kane. Umuhanzi King James niwe wigaragaje nyuma yo kwegukana ibihembo bine wenyine. Salax Music Awards yabereye kuri Stade nto i Remera, yatangiye ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice mu gihe […]Irambuye

en_USEnglish