Abazungu bakunda gushinja abanyafrica ko batita ku gihe, rimwe na rimwe hari ubwo baba bafite ishingiro. President Abdoulaye Wade yamaze isaha n’igice avuga ijambo ryo kwifuriza abanya Senegal umwaka mushya muhire wa 2012. Muri iki gihe cyose, Wade yivuze imyato kubyo yakoze mu myaka ishize, avuga nibyo ateganya kuzakora. Amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri uyu […]Irambuye
Icyagaragaye cyane ku bari aho ni uko umwaka wa 2012 (00.00) watangiriye mu ndirimbo ya “Bomboli bomboli” ya Riderman, maze abantu si ukwishima bivayo. Iki ni igitaramo cyitabiriwe n’abantu benshi cyane ku buryo bugaragara. Abahanzi b’ibihangange nka Kidumu, Flavor, Frank Joe (uba muri Canada) bari bitabiriye iki gitaramo. Abandi bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda, nka […]Irambuye
Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru, ari naryo ryatangizaga umwaka wa 2012, Restoraiton church zose zo muri Kigali n’abaturutse mu ntara, bahuriye kuri Stade Amahoro ngo barangize umwaka. Umushyitsi mukuru yari Nsengiyunva Jean Philbert Minisiri w’urubyiruko, hari Apotre Joshua MASASU NDAGIJIMANA, umufasha we Pastor Lydia MASASU, aba pastor benshi bo muri restoration church, […]Irambuye
Muri iyi minsi mikuru isoza umwaka, abacuruzi bo mu mugi wa Nyanza badacuruza ibyerekeranye n’ibiribwa batangaje ko ntamafaranga bari kwinjiza, bitewe n’uko abaguzi bari kwibanda kubyo kurya. Abenshi bakibanda mu guhaha akaboga n’ibindi bigendana nako. Gusa n’ubwo ibiribwa biri kugurwa cyane kurusha ibindi bicuruzwa,ibiciro ntibyigeze bihinduka, kuko abaturage nabo barushaho kubigeza mu masoko ngo bazatangire […]Irambuye
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagejeje ijambo rye ku banyarwanda abifuriza umwaka mushya muhire wa 2012 ndetse anabashimira ibyagezweho mu myaka ishize. Yanaboneyeho gusaba abanyarwanda gukomeza umurava biteza imbere bazamura imibereho myiza. Yakomeje abibutsa ibyagezweho muri 2011, harimo iterambere ryihuse ndetse n’umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye. Kurikira iryo ijambo INEZA Douce UM– USEKE.COMIrambuye