Month: <span>January 2012</span>

Record: Ijambo rya President Abdoulaye Wade niryo jambo ryamaze igihe

Abazungu bakunda gushinja abanyafrica ko batita ku gihe, rimwe na rimwe hari ubwo baba bafite ishingiro. President Abdoulaye Wade yamaze isaha n’igice avuga ijambo ryo kwifuriza abanya Senegal umwaka mushya muhire wa 2012. Muri iki gihe cyose, Wade yivuze imyato kubyo yakoze mu myaka ishize, avuga nibyo ateganya kuzakora. Amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri uyu […]Irambuye

Amafoto East African Party: 2012 yatangiriye muri "Bomboli bomboli"

Icyagaragaye cyane ku bari aho ni uko umwaka wa 2012 (00.00) watangiriye mu ndirimbo ya “Bomboli bomboli” ya Riderman, maze abantu si ukwishima bivayo. Iki ni igitaramo cyitabiriwe n’abantu benshi cyane ku buryo bugaragara. Abahanzi b’ibihangange nka Kidumu, Flavor, Frank Joe (uba muri Canada) bari bitabiriye iki gitaramo. Abandi bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda, nka […]Irambuye

Benshi batangiye 2012 bakira Agakiza

Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru, ari naryo ryatangizaga umwaka wa 2012, Restoraiton church zose zo muri Kigali n’abaturutse mu ntara, bahuriye kuri Stade Amahoro ngo barangize umwaka. Umushyitsi mukuru yari Nsengiyunva Jean  Philbert Minisiri  w’urubyiruko, hari Apotre Joshua  MASASU NDAGIJIMANA, umufasha we  Pastor Lydia MASASU, aba pastor benshi bo muri restoration church, […]Irambuye

Bonane: Nyanza Inka 26 nizo zabazwe mu kurangiza 2011

Muri iyi minsi mikuru isoza umwaka, abacuruzi bo mu mugi wa Nyanza badacuruza ibyerekeranye n’ibiribwa batangaje ko ntamafaranga bari kwinjiza, bitewe n’uko abaguzi bari kwibanda kubyo kurya. Abenshi bakibanda mu guhaha akaboga n’ibindi bigendana nako. Gusa n’ubwo ibiribwa biri kugurwa cyane kurusha ibindi bicuruzwa,ibiciro ntibyigeze bihinduka, kuko abaturage nabo barushaho kubigeza mu masoko ngo bazatangire […]Irambuye

Ijambo umukuru w'igihugu Paul Kagame yagejeje ku banyarwanda

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagejeje ijambo rye ku banyarwanda abifuriza umwaka mushya muhire wa 2012 ndetse anabashimira ibyagezweho mu myaka ishize. Yanaboneyeho gusaba abanyarwanda gukomeza umurava biteza imbere bazamura imibereho myiza.    Yakomeje abibutsa ibyagezweho muri 2011, harimo iterambere ryihuse ndetse n’umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye. Kurikira iryo ijambo   INEZA Douce UM– USEKE.COMIrambuye

en_USEnglish