Month: <span>October 2011</span>

Kamonyi: Abahoze ari Abayobozi mu Nzego z’ibanze bagera ku 2500

Abahoze mu Buyobozi mu Nzego  z’ibanze  kuva mu mwaka wa 2006 kugeza muri Mutarama 2011 bakabakaba ibihumbi bibiri na magana atanu (2500), kuri uyu wa gatandatu tariki ya 29 ukwakira 2011, bashimiwe kubera umusanzu wabo batanze mu kubaka iki gihugu muri rusange, by’umwihariko Akarere ka Kamonyi. Iki gikorwa cyahuriranye n’umuganda rusange w’uku kwezi ku Ukwakira […]Irambuye

Urukiko rwa Oklahoma rwanzuye kudakurikirana Kagame kubyo yarezwe na A.

Urukiko rwa Leta ya Oklahoma muri USA kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Ukwakira  rwanzuye ko rutakurikirana President Kagame ku byaha rwaregewe n’abapfakazi  b’abahoze ari bapresident Ntaryamira na Habyarimana, rwanzura kandi ko President Kagame afite ubudahangarwa muri Amerika. Umucamanza Lee West yavuze ko nk’umukuru w’igihugu wemewe na Leta z’Unze Ubumwe za Amerika, president Kagame […]Irambuye

Arsenal nayo yihanije Chelsea iyisanze murugo, 5 kuri 3

Ku mukino w’umunsi wa cumi wa shampionat y’Abongereza, hari hitezwe cyane uko birangira hagati ya Chelsea yari yakiriye mukeba wayo Arsenal kuri Stamford bridge stade yayo  mu mujyi zisangiye wa Londres . Mu mukino ufunguye kandi uryoheye ijisho, Chelsea niyo yafunguye amazamu ku munota wa 14 gusa ku gitego cya Frank Lampard, ntibyatinda gato Robin van Persie […]Irambuye

Saint Joseph i Kabgayi abanyeshuri barushanyijwe mu mpano zabo mbere

STREET BALL muri Saint Joseph nigikorwa ikigo gifatanije n’abanyeshuri, hagamijwe guhuza abanyeshuri mu gihe bari barangije ibizami bitegura gutaha, bidagadura bakanarushnwa mu mpano zabo zitandukanye. KUBYINA, KURIRIMBA, GUKINA, n’ibindi bijyanye n’ubuhanga bwa buri umwe. Street Ball muri SAINT JOSEPH(Kabgayi) yatangijwe mu mwaka wa 2010, uko ibihe n’imyaka bigenda bihinduka muri street ball ya SAINT JOSEPH  […]Irambuye

Saïf al Islam yatangaje ko arengana nubwo akihishahisha

Saïf al Islam, umuhungu wa Col Mouammar Kadhaffi niwe ngo wabwiye Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ko ibyo aregwa arengana, ibi ni ibyatangajwe n’Umushinjacyaha mukuru w’uru rukiko kuri uyu wa gatandatu ubwo yari i Pekin mu Ubushinwa Uyu muhungu wa nyakwigendera, yatumye kuri ruriya rukiko abinyujije ku bantu yizeye ko bagomba kubigeza kuri Louis Moreno Ocampo […]Irambuye

Abahatanira kuba Miss SFB mu mafoto

Muri za Kaminuza nyinshi mu Rwanda, gutora umukobwa uhiga abandi mu bwiza n’imico myiza bimaze kumenyerwa. Kuwa 05 Ugushyingo uyu mwana nibwo hazatorwa umukobwa uhiga abandi mu ishuri rikuru ry’Imari n’amabanki bita SFB. Kuri uyu wa gatandatu aba bakobwa icumi bakaba bari bugaragare mu bikorwa by’Umuganda rusange aho bari bwifatanye n’abaturage bo mu karere ka Kicukiro […]Irambuye

i Rutsiro na Rubavu abaturage bahawe ingomero z’amashanyarazi

Kuwa  wa kane tariki 27/10/2011 I Rubavu hatashywe  kumugaragaro ingomero eshatu z’amashanyarazi za Keya muri Rubavu na Cyimbili na Nkora zo mu karere ka Rutsiro. Izi ngomeero zizajya zitanga ingufu z’amashanyarazi angana na Megawatt  3,2. Ni igikorwa cyitabiriwe n’inzego zitandukanye ndetse na Minisitiri w’ibikorwa remezo ALBERT NSEGIYUNVA  n’Umunyamabanga nshingwabikorwa mushya ushinzwe ingufu Hon.Emma F.ISUMBINGABO. Izi […]Irambuye

Yaguwe gitumo na polisi ku ruganda rwe rwa Kanyanga

Kuri station ya polisi ya Busasamana ni mu karere ka Nyanza,hafungiye umugore witwa MUKATABARO Elyavanie nyuma yo gufatwa n’inzego za polisi kuwa kane atetse kanyanga aho yayikoreraga kuruganda rwe. Ahagana saa tanu z’amanywa kuwa kane MUKATABARO Elyvanie, nibwo yaguwe kitumo na polisi,  iwe mu rugo ari gutunganya iyi Kanyanga yacuruzaga mu mujyi wa Nyanza, ho […]Irambuye

Ubuzima bwo mu mutwe ntibwitabwaho uko bikwiye

Kur’iyi tariki ya 28 Ukwakira,2011 mu Rwanda hizihijwe “umunsi mpuzamahanga wo kwita ku buzima bwo mu mutwe, mu Karere ka Huye ishyirahamwe MMHA (Medical students’ Mental Health Association) ryateguye igikorwa cyo kuzirikana no gushishikariza abanyarwanda batuye kwita ku buzima bwo mu mutwe.  Umuyobozi wa rirya shyirahamwe, ZIMULINDA Alain, yadutangarije ko kutita ku buzima bwo mu […]Irambuye

Mu murenge wa Rweru abaturage bahembewe kwirindira umutekano

Ubuyobozi bukuru bwa Police y’igihugu bwashimiye abaturage bo mu murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera kuba barabaye indashyikirwa mu kubungabunga umutekano muri uwo murenge. Umurenge wa Rweru ni umwe mu mirenge  15 igize Akarere ka Bugesera, ukaba nanone umwe  mu Mirenge 6 ihana imbibi n’Igihugu cy’u Burundi. Comiseri mukuru wa Polisi IGP GASANA Emmanuel […]Irambuye

en_USEnglish