Month: <span>August 2011</span>

Ntawukuriryayo J.Damascène yaganiriye na Diaspora y’ u Rwanda

“Gusurwa kwa Diapora Nyarwanda  ntabwo ari ugutoneshwa ahubwo ni inshingano ya leta y’ u Rwanda” aya  ni amwe mu magambo yatangarijwe mu mubonano wa diaspora Nyarwanda mu Bubiligi ubwo yasurwaga na Visi president w’Intekonshingamategeko y’u Rwanda kuri uyu wa  27/08/2011 i Mons mu bubiligi. Nkuko tubikesha diaspora Nyarwanda yo mu bubiligi,  Hon. Ntawukuriryayo Jean Damascene […]Irambuye

Abamotari baganiriye na Polisi ku mutekano wo mu muhanda

Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda yahuye n’abamotali kuri uyu wa mbere kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ngo bige ku mutekano wo mu muhanda n’ingamba nshya z’isuku ku bagenzi batwara. Muri iyi nama abamotari basabwe kurinda umutekano w’abo batwara kuri moto zabo, dore ko zikoreshwa n’abagenzi benshi mu mujyi wa Kigali. Kubera ko guhererekanya […]Irambuye

Ministre w’intebe wa 6 mu myaka 5 yatowe mu Buyapani

Uwari minisitiri w’imari mu gihugu cy’ Ubuyapani, Yoshihiko Noda niwe watorewe kuba minisitiri w’ intebe w’ icyo gihugu. Yoshihiko Noda akaba abaye minisitiri w’ intebe wa 6 muri iyi myaka 5 ishize. Yoshihiko Noda afite akazi katoroshye ko kuyobora iki gihugu cya gatatu mu bihugu bikize ku isi, agahangana n’ ibibazo birimo iby’ ubukungu n’iby’ […]Irambuye

Beyoncé aratwite, Kanye West yashimye Jay-Z

Ku myaka 29, Beyoncé Knowless yemeje kuri uyu mugoroba muri MTV Video Music Awards ko ategereje umwana ku nshuro yambere. Yambaye igikanzu kirekire kitagaragaza inda ye yagize ati: “mbafitiye akabanga” “Ndashaka ko mwumva urukundo rundi munda” We ubwe yerekanye ko inda atwite itamubuza kuririmbira neza abari aho, indirimbo ye yitwa “Love on top” yahagurukije benshi […]Irambuye

Ubuyapani bwatanze miliyoni 24$ ngo hubakwe ikiraro cya Rusumo

Aya mafaranga yahawe igihugu cya Tanzania kuri uyu wa mbere, ngo hubakwe ikiraro kigezweho gihuza  u Rwanda na Tanzania  ibihugu biri muri East African Community. Tanzania, kimwe mu bihugu bya East African Community bifite ubucuruzi bukomeye, yongeye ku ngengo y’imari yayo ya 2011/2012 agera kuri Miliyari 1.7$ y’amadorari y’america (2.78 trillion Tanzanian shillings) Ikiraro cya […]Irambuye

President Museveni ntiyumvikanye n’abarimu ku kibazo cy’umushahara

Mu gihugu cya Uganda, abarimu barasaba ko umushahara wabo wazamurwa, ariko perezida w’icyo gihugu Yoweri Kaguta Museveni ntabyumva kimwe nabo, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru daily monitor. Mu nama yahuje ihuriro ry’abarimu n’abayobozi babo, kuri uyu wa Gatandatu no Kucyumweru, abarimu bifuzaga ko nibura umushahara wazamurwaho  nibura 40%, muri iyu mwaka, ubundi umwaka utaha bakaba bakongera kuzamura […]Irambuye

ARATA INYUMA YA HUYE!

Inkomoko y’imvugo ngo:”ARATA INYUMA YA HUYE “ Uyu mugani baca bagira ngo «Arata inyuma ya Huye !», bawuca iyo babonye umuntu uhondogera abatamwitayeho. Wakomotse ku ngaruzwamuheto y’umurundi, ivugana na Nyarwaya rwa Mazimpaka; ahagana mu mwaka w’i 1700. I gihe kimwe Yuhi Mazimpaka yashatse gutera umurundi witwaga Rusengo rwa Kanagu, umugaba w’ingabo ze agenda ari umuhungu […]Irambuye

Drogba ntazaza mu Rwanda guhangana n’Amavubi

Mu mukino wahuzaga Chelsea na Norwich, Didier Drogba yagonganye n’umuzamu w’iyi kipe John Ruddy , amukubita ku mutwe, Drogba yitura hasi, ahita ajyanwa kwa muganga nta bwenge afite (knocked unconscious) Iki kibazo ngo kizatuma Drogba ashobora kumara ibyumweru bigera kuri 3 ari hanze y’ikibuga. Ibi bivuze ko Drogba atazagaragara i Kigali ku mukino ikipe ye ya Les […]Irambuye

Arsenal byaherukaga kuyibaho mu myaka 115 ishize

Ikipe ya Arsenal kuri iki cyumweru ntibyayihiriye kuri stade ya Old Trafford ya Manchester Unied kuko yahanyagiriwe ibitego 8-2 mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampionat y’abongereza. Ni ibitego byatsinzwe na Danny Welbeck, Ashley Young watsinze 2, Wayne Rooney watsinze 3, Nani na Ji Sung Park winjiyemo asimbuye. Umukino uhuza ay amakipe uri mu mikino […]Irambuye

RWAMREC, abagabo biyemeje kurengera ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore.

RWAMREC ngo ntiyashinzwe byo kwihangira imirimo. Mu gihe hari hamenyerewe ko inama y’igihugu y’abagore ariyo isanzwe iharanira uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore, kuri ubu ntikiri yonyine kuko hariho RWAMREC ari wo muryango w’abagabo uharanira uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore, nyamara bamwe ntibagenda bavuga rumwe kuri iyi RWAMREC kuko bavugako ari uburyo aba bagabo  bayishitse bashaka […]Irambuye

en_USEnglish