Kuri uyu wa gatanu urubanza rw’abashinjwa gushaka kwica Kayumba Faustin Nyamwasa rwongeye gusubikwa kubera ko umucamanza yarwaye. Nyuma y’uko uru rubanza rutangiye tariki 28 Nyakanga muri Africa y’Epfo, iyi nshuro ibaye iya kane rusubikwa, bwa mbere rwasubitswe kubera ikibazo cy’abasemuriraga abacamanza mu ndimi bashaka (Kinyarwanda – English) ubundi rwongera gusubikwa kubera ikibazo cy’ibyuma bifata amajwi […]Irambuye
Nyuma y’ imyaka 35 akorera Leta Bwana François UKUYEMUYE yashimiwe n’akarere ka Nyarugenge nyuma y’imyaka 35 akorera leta, maze yerekeza mu za bukuru. Uwari Inspecteur w’ umurimo mu Karere ka Nyarugenge Bwana UKUYEMUYE François kuri uyu wa gatanu nibwo yasezeweho n’ Abayobozi n’ Abakozi b’ Akarere ka Nyarugenge. Bwana UKUYEMUYE akaba ubu afite imyaka 65 […]Irambuye
Nkuko tubikesha Police y’u Rwanda, mu muhanda wa Muhanga – Ngororero – Mukamira ugeze ahitwa Kabaya mu murenge wa Kimisagara Imodoka y’ikamyo ya societe y’abashinwa RB ikora imihanda yakoze impanuka ihitana abantu 11 ako kanya, 5 barakomereka cyane naho umwe niwe wenyine wavuyemo ari muzima. Byabaye ahagana saa mbili muri iki gitondo ubwo iyi camion […]Irambuye
Fabiyani Neretse wahoze ari umuyobozi wa OCIR ishami ry’ icyayi, wari warafashe izina rya se Fabiyani Nsabimana yiberaga ahitwa Grand Font Angouleme mu majyaruguru y’umujyi wa Bordeaux mu bufaransa ari naho yafatiwe. Mu mibanire ye n’abaturanyi Nemeye wavutse mu 1957 ngo yafatwaga nk’ umuntu w’ inyangamugayo kandi w’ indakemwa mu mico ariko kandi ngo ntiyakundaga […]Irambuye
Taliki ya 01 Nyakanga 1962 ni umunsi u Rwanda rwaboneyeho ubwigenge. Nyuma y’uko ibihugu byinshi bya Afrika na Asia byigobotereye ubukoloni, hagiye hakomeza kugaragara ibisigisigi bya politiki mbi yagiye ishyirwaho mu rwego rwo kugirango abo bakoloni babone uko bayobora. Ahenshi bagiye bakoresha uburyo bwo kubiba amacakubiri mu bo bakolonizaga, kugirango babone uko babayobora. Mu Rwanda […]Irambuye
Mu marushanwa ya CECAFA Kagame cup 2011, ikipe ya APR FC yatsinzwe n’ikipe ya St George yo muri Ethiopia ibitego 3-1 mu mukino wo mu matsinda waberaga kuri Jamhuli stadium mu mujyi wa Morogoro, Tanzania. Ni umukino warebwe n’abantu benshi cyane ko aya makipe ari mu makipe akomeye muri iri tsinda, ndetse by’umwihariko akaba ari […]Irambuye