Month: <span>June 2011</span>

Minisiteri y’ itangazamakuru yavuyeho kuva kuri uyu wa kane

Nyuma y’icyemezo cyafashwe n’inama y’abaministri, Kuva kuri uyu kane minisiteri y’itangazamakuru ntigikora  nka minisiteri, ahubwo inshingano zari zisanzwe zifitwe nayo zizahabwa ibigo na za minisiteri bitandukanye. Kuba minisitiri y’itangazamakuru itagikora nka minisiteri si ukuvuga ko inshingano zakorwaga nayo nazo zihagaze, ahubwo zizimurirwa mu bigo bitandukanye. Akazi kakorwaga na ministri y’itangazamakuru k’ubuvugizi bwa leta kazakorwa n’ikigo […]Irambuye

Perezida Nicolas Sarkozy yakubiswe n’umuturage

kuri uyu wa kane perezida w’ubufaransa Nicolas Sarkozy, yafashwe mu mashati n’umuntu utabashije kumenyekana ubwo yari ari mu ruzinduko yagiriye mu majyepfo y’ubufaransa, aho yagombaga kugirana ikiganiro n’abayobozi b’ako gace ka Brax. Ariho agenda asuhuza abantu bari bateraniye aho, umwe mubari aho yahise amushikanuza ashaka kumukubita hasi nyuma yo kumukubita urushyi ku rutugu (Niho yashyikiraga). […]Irambuye

Umucuzi w’amafaranga Bavakule yafatiwe Uganda

Polise ya Uganda yataye muri yombi umwe mu bantu bivugwa ko bari gukora amafaranga y’amahimbano muri aka karere nkuko tubikesha 256news.com Uyu mugabo wafatiwe i Kampala ngo yitwa Caesar Bavakule yaba ari umunyarwanda, gusa abandi twabajije bo bakatubwira ko anafite ubwenegihugu bwa Uganda. Yafashwe afite amadolari 114,000 y’amerika ndetse n’utumashini ngo dukora aya mafaranga nkuko […]Irambuye

Loni yongerereye igihe MONISCO muri congo

Nyuma yimyaka 12 muri repubulika iharanira demokarasi ya congo MUNISCO ingabo za loni zihamaze byari bitegenijwe ko iyi misiyo irangira muri uku kwezi none loni yayongereyoho undi mwaka . Muri gahunda ya loni harimo ko FARDC ingabo za congo zaterimbere mugucunga umutekano wigihugu nabagituye. Kuberako loni idahari abaturage ntamutekano baba bafite kubera inyeshyamba nyinshi usanga […]Irambuye

Obama yibeshye imyaka y’abana be

Nkuko tubikesha ibiro tangaza makuru by’Amerika AP, mu nama yabaye kuri uyu wa gatatu yahuje inteko rusange ya Amerika, aho bagombaga kurebera hamwe uko ubukungu bwa Amerika bwifashe, Perezida Barak Obama, ngo yagize atya yibeshya imyaka y’umukobwa we Malia. Asobanura ibijyanye naho ubukungu bugeze, n’uko bwifashe, Obama yakunze gutanga urugero cyane ku bakobwa be, Malia […]Irambuye

Amavubi U17 ari gutaha mu bice

Kubera ikibazo kingendo z’indege muri Ethiopian Airways cyatewe n’ikirere gishyushye cyane muri iyi minsi, ibi byatumye ikipe igira ikibazo cyo kugaruka mu rugo ku gihe ndetse bari hamwe. FIFA  na Ethiopian Airways bakaba barimo gushaka uburyo ikipe yagaruka mu rugo vuba, bayishakira amatike ku buryo butandukanye. FIFA na Ethiopian Airways bagerageje gushakira ikipe y’u Rwanda […]Irambuye

Ikoranabunhanga ryagoye benshi mu kumenyekanisha umutungo

KIGALI- Mu gihe kuri uyu wa kane aribwo igikorwa cyo kumenyekanisha umutungo ku rwego rw’ Umuvunyi gisozwa, uyu mwaka iki gikorwa cyanabereye kuri internet, bamwe mu bakozi ba leta barebwa n’itegeko ryo kumenyekanisha umutungo ntibabashije gukora icyo gikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga. Byari bimenyerewe ko bandikisha umutungo hakoreshejwe udutabo , ariko ubu noneho hasigaye hakorwshwa ikoranabuhanga rya […]Irambuye

Jeannette Kagame imbere y’itangazamakuru rya Oprah Winfrey

Umunyamakuru ukorera website ndetse na Television ya Oprah Winfrey witwa Celina Sckochen yabajije Jeannette Kagame ibibazo bitandukanye bijyanye n’akazi akora ka buri munsi. Jeannette Kagame  umwanya we munini ngo awumara mu bikorwa byo gufasha by’umwihariko abapfakazi ndetse n’imfubyi za Genocide, akanafasha abahuye n’ingaruka zitewe n’agakoko gatera SIDA. Jeannette Kagame ni umwe mu bategarugori bashinze umuryango uhuza […]Irambuye

Perezida w’Uburusiya imodoka yari imuhitanye!

Ku wambere tariki ya  27 Kamena 2011,  ni bwo Perezida w’Uburusiya Dimitri Medvedev yari ategerejwe i  Kazan, ho mu Burusiya, aho yari  mu ruzinduko rw’akazi. Yahageze atwaye imodoka yo mu bwoko bwa  4X4 Mercedes, iyi Modoka ikaba yari imugushije nabi mu gihe yashakaga kuyivamo itarahagarara neza. Nk’uko tubibona ku ba Perezida benshi, Perezida w’Uburusiya yaje […]Irambuye

Agashya: Umuhanzi Babbly hejuru y’imodoka

Uyu musore umenyerewe cyane mu njyana ya Hip Hop yagaragaye kuri uyu wa gatatu mu mujyi wa Kigali yicaye ku modoka yo mu bwoko bwa Toyota Hilux ariko yicaye inyuma hejuru. Ntibisanzwe ko muri iki gihe ubona abantu bicaye kuri iki gice cy’imodoka, uzasanga ari abagiye gushyingura, kubaka cyangwa se abari mu makwe n’abava kureba […]Irambuye

en_USEnglish