Month: <span>May 2011</span>

Sean Kingston yakoze impanuka itoroshye

Uyu mu raperi (Rapper) yakoze impanuka ku mucanga, mw’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’abakozi be riragira riti “Sean Kingston yakoze impanuka uyu munsi, ntayandi makuru araboneka, umuryango we urashimira abari kumwifuriza kwihangana” Sean Kingston/Photo myspace sean kingston Sean Kingston w’imyaka 21 akaba yakoze impanuka ikomeye i Miami muri leta ya Florida aho yishimishaga ku mugoroba w’ejo muri […]Irambuye

Ihungabana rikomeye muri St Joseph

Kuri uyu wa mbere mugitondo ku kigo cya St Joseph Les travailleurs ahitwa kuri JOC munsi ya St Famille, abana babanyeshuri barenga 30 bafashwe n’ihungabana ryaturutse kuri Mugenzi wabo. Abana baterura abandi bahuye n’ikibazo k’ihungabana/Photo umuseke.com Dushimirimana Amina wiga mu wa kane Gestion informatique kuri iki kigo niwe wahungabanye gihe bari kuri Rassemblement ibanziriza ishuri […]Irambuye

Abaherwe 10 bambere ku mu gabane w’Afrika

Umwirabura witwa Dankote Aliko ni we uza ku isonga Buri mwaka, urubuga rwa Internet www.forbes.com, rukorera muri Amerika rushyira ahagaragara urutonde rw’abantu batunze cyane ku isi. Aliko  Dankote niwe munyafrica w’umwirabura uza kwisonga Amakuru yasohotse kuri ruriya rubuga rwa Inernet ni uko, mu batunzi isi ifite ubu abageza kuri miliyari y’amadorari y’Amerika, harimo abanyafurika 14. […]Irambuye

Umugore wa Faycal yimukiye mu Bubiligi

Ntabwo batanye ahubwo umugore wa Ngeruka Faycal yagiye mu Bubiligi kubayo aho uyu muryango ufite inzu, gusa Faycal we akaba yasigaye mu Rwanda. Jayden Ngeruka na Gisele Ngenzi nibo bahagurutse na SN Brussels nimugoroba Ngenzi Mucyo Gisele akaba yahagurukanye mw’ijoro ryakeye, n’umuhungu we yabyaranye na Faycal witwa Ngeeruka Jayden Tiamo wavutse 2008 nkuko amakuru agera […]Irambuye

Guma Guma Superstar I Gicumbi byari ibicika

Igihembo cya Guma Guma Superstar, kuri uyu wa gatandatu bari I Gicumbi, aho bashimishije benshi bari baje kwihera ijisho ku buntu. Anita na Mc Tino baba bashyuhije rubanda bidasanzwe Amafoto ya bano bahanzi niyo avuga byinshi, Bralirwa ibaha buri kimwe, ndetse kandi igatanga ikinyobwa cya Primus kuri make cyane. Gusa benshi bakomeje gutangarira ubushyushyarugamba bwa […]Irambuye

M.Bin Hamman yahagaritswe muri FIFA

Uyu munya Qatar uyobora impuzamashyirahamwe y’umupira muri Aziya yeguye mu guhangana na Sepp Blatter ku mwanya wo kuyobora FIFA amasaha make mbere y’uko nawe abazwa n’akanama gashinzwe Discipline muri FIFA ku bijyanye na ruswa imuvugwaho. Aka kanama kakaba nyuma yo guterana kahise kanamuhagarika muri FIFA byagateganyo. Ati ndashaka kwerekana ko nta cyaha mfite Bin Hamman […]Irambuye

U 17 mu ngendo nyinshi muri USA

Ikipe ya U 17 byari biteganyijwe ko itazerekeza mu mujyi wa Poenix, ariko niho bahitiye ubwo bazaga muri USA, ibi bikaba biri kwibazwaho kuko noneho atariho honyine bazaguma, ku wa mbere bakazerekeza mu mujyi wa Taos muri New Mexico. Francisco Grande Hotel aho Rwanda U17 icumbitse Iyi kipe imaze gukora ingendo zirenga 6 utabaze za […]Irambuye

Gusura inzibutso ni ibya buri wese – Tout age

Abibumbiye muri club Tout Age yo mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo  baratangaza ko basanga abanyarwanda  bakwiye guha agaciro gusura inzibutso z’abazize jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 kugirango bashobore guhangana n’ingaruka zayo, binabafashe kugaragariza ukuri abavuga amateka y’u Rwanda uko atari. Abagize tout age bunamiye abashyinguye i Murambi Ubwo basuraga urwibutso rwa Murambi ruherereye […]Irambuye

Kayumba yashyize abamukurikiye mu rujijo

Mu nama iherutse guhuza abanyarwanda baba mu Bwongereza hamwe n’abayobozi n’abayoboke ba RNC (Rwanda National Congres) na FDU Inkingi, i London. Umwe mu bari bayijemo uyu munsi yatangarije umuseke.com ko Kayumba yabashyize mu gihirahiro. Kayumba Nyamwasa Munyandekwe Jean Marie wari uhari yadutangarije ko abari aho bari biteguye kubona uruhande rwa Kayumba Nyamwasa ku byabaye mu […]Irambuye

Barca yegukanye igikombe nta ngorane

Ikipe ya FC Barcelona yegukanye igikombe cya champions Ligue itsinze Manchester united 3-1 i Londres, kuri stade wembley ijyamo abantu barenga 90.000 Igikombe cyakiriwe na Abidal Ni intsinzi itayivunnye cyane ikipe ya FC Barcelona, kuko nkuko bisanzwe bigendekera andi makipe akinnye na Barca, yimye cyane umupira Manchester kuburyo kuyitsinda biba bigoranye. Ku munota wa 27, […]Irambuye

en_USEnglish