Month: <span>April 2011</span>

NUR VC yatsinze Blida yo muri Algeria

Ikipe ya NUR Volleyball club yabonye ticket yo kujya muri 1/2cy’imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa muri Volleyball, amarushanwa ari kubera mu Misiri NUR Vc yageze kuri ibi imaze gutsinda ikipe ya Blida yo muri Algeria seti 3-2. Mu mukino utari woroshye kubera za Services zikomeye ku mpande zombi. Nyuma yo kumenyera Services […]Irambuye

Ubushinwa: Umunyabugeni utangaje

Nyuma yo kubura ibiganza byombi, asigaye yifashisha umunwa n’ibirenge bye mu bukorikori bwe! Uwareba ibihangano bikorwa n’uyu Mushinwa, ntiwamenya ko atagira ibiganza ahubwo yikoreshereza umunwa n’ibirenge mu bukorikori bwe. Huang Guofu  yamugaye afite imyaka 4 ariko ubu agerageza gukoresha bimwe mu bice by’umubiri asigaranye akazi kagakozwe n’ibiganza. Photo: Umunyabugeni w’umushinwa Huang Guofu Uyu mugabo Huang […]Irambuye

Isubukurwa ry’imanza mu nkiko

Mu cyumweru gitaha, Imanza zirasubukurwa mu nkiko mpuzamahanga Yaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda I Arusha muri Tanzaniya (ICTR) ndetse no mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’I La Haye mu gihugu cy’ubuholandi (ICC), imanza zose muri izi nkiko zirongera gusubukurwa mu cyumweru gitaha nyuma yo kuva mu biruhuko bya Pasika. Ibiro ntangazamakuru by’ urukiko […]Irambuye

Kabila ngo yabeshye abatuye Goma

Perezida Kabila ngo yabeshye abatuye Goma Abatuye umujyi wa Goma batangaza ko President Kabila nta na kimwe yashyize mu bikorwa mu byo yari yemeye kubagezaho kuri manda y’imyaka itanu yatorewe kuyobora Congo. Ibikorwa remeza muri uyu mujyi byasubiye inyuma kurusha mbere ya mandat ya Joseph Kabila. Muri 2006, ubwo perezida Joseph Kabange Kabila yatorerwaga kuyobora  […]Irambuye

Urashaka kujyana na U17 Mexico? ibisabwa

Dore ibisabwa abifuza kujya gushyigikira ikipe y’igihugu amavubi mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi izabera muri mexico, 18 kamena kugeza ku ya 10 nyakanga 2011. Uwifuza kuzajya gushyigikira Ikipe y’Igihugu Amavubi U 17 mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi izabera mu gihugu cya Mexico guhera ku itariki ya 18 Kamena kugeza ku ya 10 Nyakanga […]Irambuye

Uko wagabanya umubyibuho

Muri iyi minsi usanga ikibazo cyibazwa, kandi gihangayikishije benshi, ni umubyibuho ukabije. Usanga rero abatu batakaza umwanya bashakisha icyo bakora ngo bagabanye umubyibuho ukabije wibasiye imbaga nyamwinshi. muri bimwe bishobora kugufasha kunanuka, cyangwa kwirinda umubyibuho ukabije, harimo na bimwe mubyo turya bya buri munsi, nkuko byemejwe n’abaganaga. Muri ibyo rero iby’ingenzi ni ibi bikurikira: 1. […]Irambuye

NUR: Restaurant ntigifunzwe

Restaurant ya kaminuza nkuru y’u Rwanda ntigifunzwe kubera imyenda y’abanyeshuri! KIGALI-Mugihe Restaurent Event Solution igaburira bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza nkuru y’u Rwanda yari yatangaje ko igiye gufunga imiryango ku banyeshuri bemerewe inguzanyo haba abafashwa na SFAR ndetse n’abafashwa na FARG, bataribishyura kuva mu kwezi kwa 1, kuri ubu Kaminuza yamaze kuguriza abanyeshuri amafaranga yo kwishyura […]Irambuye

Minisitiri Karugarama muri France

Minisitiri w’ ubutabera  akaba n’  intumwa  ya  leta  Tharcisse  Karugarama  ari  mu  ruzinduko  rw’ akazi  mu  gihugu  cy’  Ubufransa  kuva kuri  uyu  wa  gatatu . Ibihugu  byombi  Ubufransa  n’  u Rwanda  bikaba bikomeje  gushakisha  uburyo  byakomeza  kuvugurura  umubano  wabyo  ari nako  binakemura  inzitizi  zikigaragara  muri  uwo mubano .   Photo: Minisitiri  w’ ubutabera  akaba n’  […]Irambuye

Ubukwe bw’ibikomangoma ni imbonekarimwe

Tony Blair,Gordon Brown, Barack Obama na madamu, Sir Alex Ferguson.. barengejwe ingohe Kuri uyu wagatanu nibwo isi yose yakurikiranaga  ubukwe bw’agatangaza  bwa Prince William na Kate Middleton bwaberaga  mu ngoro ya Westminster Abbey i London mu Bwongereza. Uyu Prince William akaba ari umuhungu wa Princess Diana na Prince Charles bivuga ko ariwe uzasimbura se Prince […]Irambuye

Amavubi U-17 0-5 France U-17

Amavubi u-17 ntiyorohewe n’umukino wayihuje n’u Bufaransa. Ikipe y’amavubi mu batarengeje imyaka 17, imaze iminsi mu myiteguro yo kwerekeza muri Mexico mu gikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17. Mu rwego rwo gukaza imyitozo, aba bana bagiye bipima n’amakipe atandukanye yo ku mugabane w’iburayi, ndetse bakanagaragaza ko hari aho bamaze kugera kuko imikino ine yose bakinnye bayitsinze. […]Irambuye

en_USEnglish